Powered by NarviSearch ! :3
https://www.youtube.com/watch?v=sR7xOxaQ0Z0
#URUGENDOTV0788781423 wifuza kuvugana na URUGENDO TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250788781423urugendoThis
https://clip.africa.com/camarade-muri-etage-yagatangaza-urugo-ni-ikuzimu-mabukwe-yarambabaje-cyanee-kumugore-mushya-urugendo-tv
Download Camarade Muri Etage Yagatangaza Urugo Ni Ikuzimu Mabukwe Yarambabaje Cyanee Kumugore Mushya Urugendo Tv in mp3 music format or mp4 video format for your device only in tubidy.skin. Search here.. camarade muri etage yagatangazaš„°urugo ni ikuzimušŖmabukwe yarambabaje cyanee,kumugore mushyaš
https://www.rwandamagazine.com/urukundo/article/amabanga-10-afasha-umugore-kugira-urugo-rwiza
Amabanga 10 afasha umugore kugira urugo rwiza. 15 / 08 / 2017 - 09:35. Mu muco nyarwanda bakunze kuvuga abagore nk'abantu bafite uruhare runini mu gusenyuka k'urugo cyangwa se mu gukomera kwarwo. Si mu muco nyarwanda rero gusa ibyo byemerwa kuko no mu bazungu bamwe usanga bemeranya n'icyo kintu. Nyamara abagore benshi usanga bavuga ko
https://clip.africa.com/kanguka-de-samedi-le-18-05-2024-par-chris-ndikumana-soyez-b%C3%A9nis-et-%C3%A9difi%C3%A9-dieu-rafa
camarade muri etage yagatangazaš„°urugo ni ikuzimušŖmabukwe yarambabaje cyanee,kumugore mushyaš; 39:34. kanguka de samedi le 04/05/2024 par chris ndikumana #soyez bĆ©nis et Ć©difiĆ©. 39:46. kanguka yo ku wa gatandatu 18/05/2024 par chris ndikumana; 36:55.
https://bible.org/seriespage/ubusonga-mu-by%E2%80%99ukuri-kw%E2%80%99imana-binyuze-mu-ivugabutumwa-igice-cya-4
Kamere y'Ubutumwa, uko umuntu ateye (yapfiriye mu byaha kandi yavutse ari mu by'Umwuka [Abefeso 2:1; 1 Abakorinto 2:14; Yohana 9:39]), n'igikorwa cya Satani (2 Abakorinto 4:4; Yohana 8:43-45) ubu buba Ubutumwa bukomeye kwemerwa. Umuntu muri kamere atekereza ko agomba kwongera ikintu ku gakiza ke ngo kabe ari ak'ubuntu.
https://inyarwanda.com/inkuru/104340/umva-urukundo-imitoma-idasanzwe-mu-rukundo-ifunga-ikuzimu-igafungura-ijuru-ni-amagambo-yur-104340.html
3. Indirimbo nziza y'urukundo yitwa mu 'Urugo'/Home yakozwe n'abahanzi barimo Edouard Sharpe na The Magnetic Zone hari aho bagera rero bagakoresha amagambo yaryoheye abayumvise bati "Mugabo, oh mugabo uri inshuti yanjye y'ingenzi mu kuri ntagira icyo nsimbuza mu rugo reka nze mu rugo mu rugo n'aho ariho hose ndikumwe nawe."
https://www.eglisecatholiquerwanda.org/IMG/pdf/inyigisho_yo_ku_munsi_mukuru_w_urugo_rutagatifu_rw_i_nazareti-2017-2.pdf
Ni umwanya kandi wo kuzirikana ku gaciro k'umuryango n'ibyiza byo gushyingirwa gikristu. Imana yacu, mu gucungura abantu, na Yo yahisemo kuvukira no gukurira mu rugo rw'abashakanye. Kubaka urugo ni umuhamagaro utegurirwa mu muryango, kare kandi neza, cyane cyane muri ibi bihe isi yugarijwe n'urusobe rw'impinduka mu bukungu, mu
https://inyarwanda.com/inkuru/133989/kwa-kecapu-uherutse-kwibaruka-impanga-bagaragaje-igisobanuro-cyurugo-rwiza-133989.html
Yatangaje agira ati "Urugo rwiza kuri njye,ni ahantu hampa amahoro,urugo ntakwifuza guhunga,ahantu mba ntuje ntekereza neza". Yagarutse ku mibanire ye n'umugore we Kecapu,avuga ko yishimiye uburyo abanye na we ndetse ashima Imana yabahaye umugisha wo kwibaruka abana batatu b'impanga,kandi avuga ko yizeye kugera no ku bindi yarotaga mu
https://inyarwanda.com/inkuru/140642/urugo-rwambereye-i-kuzimu-abahubutse-mu-gushaka-barize-ayo-kwarika-part-2-140642.html
Nashyingiwe ku myaka 19 nyuma y'amezi 5. Nyuma yo kubana yarampindutse ambera umuntu mushya. Yatangiye kujya ambuza ibyo nkunda birimo ibyo nambaraga, kugenzura buri kimwe nakoraga, ariko biba bibi cyane ubwo yatangiraga kunkoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato. 5. Yansimbuje nyina
https://www.diocesekibungo.com/rw/2020/12/24/noheli-ni-impamvu-ikomeye-yibyishimo-kuko-umukiza-yatuvukiye-cardinal-antoine-kambanda/
Yezu Umukiza yavukiye mu rugo, ku buryo Noheli ni umunsi mukuru wo mu rugo, Noheli ni ibirori n'ibyishimo by'urugo, urugero rw'urugo rutagatifu rw'i Nazareti. Icyorezo cya Covid-19 ntitwemere ko kituvutsa ibyishimo bya Noheli; Noheli tuyizihirize neza mu rugo. Ngiyo impamvu ikomeye y'ibyishimo bya Noheli, na Covid idashobora kutuvutsa.
https://umuryango.rw/amakuru/urukundo/article/amagambo-meza-10-wabwira-umukunzi-wawe-mbere-yuko-aryama
Aya magambo meza 10 y'urukundo nuyabwira umukunzi wawe agiye kuryama cyangwa muryamye mwembi azasinzira neza . 1. Nta wundi muntu nifuza kuba ndikumwe nawe atari wowe, Ndifuzako wagumana nanjye ukangundira kugeza nsinziriye iri joro. 2.Muri ubu butumwa, nguhaye urukundo rwanjye rwose, ndifuza kuba naguhobera ngusomagura iyi saha.
https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abaturage-bikomye-igisobanuro-cy-ijambo-uburinganire-bw-umugabo-n-umugore
Ijambo UBURINGANIRE ku mugore n'umugabo,ntabwo ariko Bible ibibona. Muli 1 Abakorinto 11:3,havuga ko Umugore ari chef w'umugore.Nibyo koko,umugore agomba nawe gukora.Ariko ku byerekeye kuyobora urugo,ni umugabo uyobora.Hali ibintu imana itemerera abagore,nubwo abantu babirengaho,bagasuzugura ibyo Bible ivuga.Urugero,ntabwo imana yemerera
https://bible.org/seriespage/ubusonga-mu-by%E2%80%99ukuri-kw%E2%80%99imana-binyuze-mu-ivugabutumwa-igice-cya-mbere
Yohana 20:21 "Yesu yongera kubabwira ati: Amahoro abe muri mwe: uko Data yantumye, ni ko na njye mbatumye.". Ibyakozwe 1:8 Icyakora muzahabwa imbaraga, Umwuka Wera nabamanukira; kandi muzaba abagabo bo kumpamya, i Yerusalemu n'i Yudaya yose n'i Samaria no kugeza ku mpera y'isi.
https://clip.africa.com/kanguka-de-samedi-le-08-06-2024-par-chris-ndikumana-kanguka-fran%C3%87ais
camarade muri etage yagatangazaš„°urugo ni ikuzimušŖmabukwe yarambabaje cyanee,kumugore mushyaš; 50:33. kanguka de samedi matin 08/06/2024 - chris ndikumana - priere de delivrance et guerison; 30:30. kanguka de samedi le 25/06/2022 par chris ndikumana; 32:14.
https://next.beta.egwwritings.org/read/14243.12
IGICE CYA 18: KURAMBAGIZA UWO MUZUBAKANA URUGO. Gushyingirwa ni byo bibasha kureshya no guhindura ubugingo bwanyu muri iyi si no mu isi izaza. Umukristo nyakuri ntazerekeza imigambi ye muri ibyo, ataramenya yuko Imana ibyemeye. Ntazabasha kuba ari we wihitiramo, ahubwo aziyumvamo yuko Imana ari yo ikwiriye kumuhitiramo.
https://www.davidservant.com/other_languages/kinyarwanda/12-2
Abagore, kimwe n'abagabo, baremwe mu ishusho y'Imana: Imana irema umuntu ngo agire ishusho yayo, afite ishusho yayo ni ko yamuremye, umugabo n'umugore ni ko yabaremye (Itang. 1:27). Birazwi neza ko Imana yaremye Adamu mbere y'uko irema Eva, kandi ku bwa Pawulo iki ni ikintu gikomeye mu buryo bw'umwuka (reba 1 Tim. 2:3).
https://bible.org/article/umugambi-w%E2%80%99imana-werekeranye-n%E2%80%99agakiza
1Yohana 5:11-12 Kandi uko guhamya ni uku, ni uko Imana yaduhaye ubugingo buhoraho, kandi ubwo bugingo bubonerwa mu Mwana wayo. Ufite uwo Mwana niwe ufite ubwo bugingo: Naho udafite Umwana w'Imana nta bugingo afite. Mu gihe muri 1 Yohana 5:11-12 handikiwe abakristo kubera ibyiringiro by'agakiza gashingiye ku buhamya bw'Ijambo ry'Imana, iki gice kigaragaza ingingo y'ingenzi kubyerekeye agakiza.
https://inyarwanda.com/inkuru/84542/umukobwa-uhamya-ko-yabaga-ikuzimu-yemeje-ko-ari-we-wahimbye-84542.html
Intego ngo yari yarahawe na satani yari ugusenya Zion Temple. Ngo satani yashakaga no gusenya urusengero rwa Robert Kayanja rwo muri Uganda. Gitwaza na Kayanja ngo ni bo bapasiteri bonyine bananiye Satani bituma abagabaho ibitero byari biyobowe n'uyu mukobwa w'umunyarwandakazi witwa Mutoni. Mutoni (Queen) wiyemerera ko yabaga ikuzimu
https://umunsi.com/narabenzwe-mpinduka-umukozi-mu-rugo-rwanjye-kuko-ntabyaraga-ubuhamya-bwa-mugorewera-egidia/
Ubusanzwe ni Egidia Mugorewera atuye mu Kagarama ndetse asengera ku itorero rya Eglise Des Amie mu Kagarama.Ubuhamya bwe bwarijije abantu benshi bibazaga niba bibaho ko umuntu ahindurwa umukozi mu rugo rwe.Egidia yavuze yahuye n'akaga gakomeye cyane ko kwitwa amazina menshi na mukeba we kugeza ubwo yamubwiye ngo bazahangana mpaka umwe arambiwe agata urugo.
https://bible.org/seriespage/ubugingo-bwuzuye-umwuka-igice-cya-kabiri
Kwanga kwumvira Ijambo ry'Imana ni ukugendera muri kamere; ni ugutekereza no gukora nk'aho umuntu afite ububasha bwo kuyobora ubugingo bwe (reba Yeremiya 10:23). Kuzimya Umwuka, rero, ni ukurwanya ubizi kandi ubishaka Ijambo ry'Imana, ni ukutumvira ku bwende itegeko uzi ry'Ibyanditswe, no kubikora ku buryo ibyo Umwuka Wera avuga
https://www.bible.com/bible/351/REV.20.14.BYSB
Urupfu n'Ikuzimu bijugunywa muri ya nyanja yaka umuriro. Iyo nyanja yaka umuriro ni yo rupfu rwa kabiri. Urupfu n'Ikuzimu bijugunywa muri ya nyanja yaka umuriro. Iyo nyanja yaka umuriro ni yo rupfu rwa kabiri. Bible Plans Videos. Get the app. Ibyahisuwe 20:14. Ibyahisuwe 20:14 BYSB. Urupfu n'Ikuzimu bijugunywa muri ya nyanja yaka umuriro.
https://inyarwanda.com/inkuru/129171/ibanga-rikomeje-urugo-rwe-umugore-we-kuri-album-gutumira-tiwa-savage-tom-close-yasubije-vi-129171.html
Ati "Inshuro zose iyo natahaga mvuye muri studio, haba nijoro, haba muri weekend, niwe muntu wa mbere wumvaga indirimbo nakoze.". Tom avuga ko hari 'ibyo' umugore we yamubwiraga guhindura. Avuga ko buri gihe iyo ari gukora igihangano yumva ibitekerezo bya buri muntu ariko 'by'umwihariko ibye narabyumvaga cyane nk'umuntu tubana.".
https://inyarwanda.com/inkuru/123069/yaciye-agahigo-ka-19-muri-white-house-umwuzukuru-wa-perezida-biden-yarushinze-amafoto-123069.html
Naomi yaciye agahigo ka 19 ko kugira ubukwe bubereye muri White House mu mateka. Ubwaherukaga ni ubwa Peter Souza wari uyoboye abafotogarafe bafotoraga Perezida Obama na Rose Garden bwabaye mu mwaka wa 2013. Ubukwe bwa Naomi bwageranijwe n'ubwa Tricia Nixon washyingiranwe na Edward Finch Cox hari mu mwaka wa 1971, nabwo bukaba bwarabereye muri